Ikigo cy’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA) ni ikigo cya leta cyahawe inshingano zo guha ubufasha abahanga udushya mu by’inganda. bakabasha kugira ubushobozi bwo guhangana ku isoko binyuze mu gukurikirana ibyo bakora bifashishije ikoranabuhanga rikenewe, guhanahana ubumenyi ndetse n’ubushakashatsi.
NIRDA ni ikigo gitanga serivisi zitandukanye zibanda ku:
NIRDA yifashisha uburyo bushingiye ku ruherekane nyongeragaciro hibandwa ku bikorwa bigamije gukora igicuruzwa na service, bihereye ku gitekerezo, uburyo gikorwamo, kugeza kigejejwe ku baguzi ndetse n’ibindi. Ibi NIRDA ibikora biciye muri gahunda zayo eshatu: